Close MORE NEWS Umupolisi ukurikiranyweho gushimuta uwari umurinzi wa Perezida Kagame yarekuwe atanze ingwate UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 16-01-2018 saa 14:41' whatsapp Facebook Umupolisi ukiri muto ukurikiranyweho gushimuta uwari umurinzi (Bodyguard) wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame mu mwaka 2013, yatanze ingwate arekurwa by’agateganyo ariko akazakomeza gukurikirwanwa ari hanze. Kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mutarama 2018, nibwo urukiko rwa Makindye rwarekuye Special Police Constable Faisal Katende. Dail monitor yanditse iyi iyi nkuru yatangaje ko umucamanza Lt Gen. Andrew Gutti wari Perezida w’ urukiko yavuze ko Katende atari umupolisi ukomeye ku buryo akurikiranywe ari hanze byakwica iperereza. Yagize ati “Uko tubibona nta bushobozi bwo kuba yakwica iperereza afite” Nubwo Katende yarekuwe ntabwo afite uburengaznira bwo kurenga umugi wa Kampala n’ akarere ka Wakiso atabisabiye uburenganzira, ategetswe kandi kwitaba ubutabera buri byumweru bibiri. Katende ari mu bapolisi 9 bakurikiranyweho gushimutira Abanyarwanda batatu mu gihugu cya Uganda. Abo bareganwa ni uwahoze ari komando wa Police Professional Standard Unit Mr Joel Aguma, Senior Superintendent of Police Mr Nixon Agasirwe, Assistant Superintendent of Police James Magada (Crime Intelligence), Sgt Abel Tumukunde of the Flying Squad, AIP Benon Atwebembeire na D/Cpl Amon Kwarisima. Abandi bakekwaga ni Abanyarwanda Rene Rutagungira na Bahati Mugenga Pacifique Umunye-Kongo Ilungu Monga aba uko ari batatu bagizwe abere. Mu ntangiriro z’ uku kwezi kwa Mutarama 2018, Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Perezida Museveni Sam Kutesa Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga baganira mu bibazo biri hagati y’ u Rwanda na Uganda birimo kuba mu bihe bitandukanye hari Abanyarwanda bagiye bashimutirwa muri Uganda. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umupolisi ukurikiranyweho gushimuta uwari umurinzi wa Perezida Kagame yarekuwe atanze ingwate UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 16-01-2018 saa 14:41' whatsapp Facebook Umupolisi ukiri muto ukurikiranyweho gushimuta uwari umurinzi (Bodyguard) wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame mu mwaka 2013, yatanze ingwate arekurwa by’agateganyo ariko akazakomeza gukurikirwanwa ari hanze. Kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mutarama 2018, nibwo urukiko rwa Makindye rwarekuye Special Police Constable Faisal Katende. Dail monitor yanditse iyi iyi nkuru yatangaje ko umucamanza Lt Gen. Andrew Gutti wari Perezida w’ urukiko yavuze ko Katende atari umupolisi ukomeye ku buryo akurikiranywe ari hanze byakwica iperereza. Yagize ati “Uko tubibona nta bushobozi bwo kuba yakwica iperereza afite” Nubwo Katende yarekuwe ntabwo afite uburengaznira bwo kurenga umugi wa Kampala n’ akarere ka Wakiso atabisabiye uburenganzira, ategetswe kandi kwitaba ubutabera buri byumweru bibiri. Katende ari mu bapolisi 9 bakurikiranyweho gushimutira Abanyarwanda batatu mu gihugu cya Uganda. Abo bareganwa ni uwahoze ari komando wa Police Professional Standard Unit Mr Joel Aguma, Senior Superintendent of Police Mr Nixon Agasirwe, Assistant Superintendent of Police James Magada (Crime Intelligence), Sgt Abel Tumukunde of the Flying Squad, AIP Benon Atwebembeire na D/Cpl Amon Kwarisima. Abandi bakekwaga ni Abanyarwanda Rene Rutagungira na Bahati Mugenga Pacifique Umunye-Kongo Ilungu Monga aba uko ari batatu bagizwe abere. Mu ntangiriro z’ uku kwezi kwa Mutarama 2018, Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Perezida Museveni Sam Kutesa Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga baganira mu bibazo biri hagati y’ u Rwanda na Uganda birimo kuba mu bihe bitandukanye hari Abanyarwanda bagiye bashimutirwa muri Uganda. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu