Close MORE NEWS Yashyinguwe ari muzima kubera kubura umuntu umuvama mu bwiherero yacukuraga UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 18-01-2018 saa 13:27' whatsapp Facebook Ni nyuma yuko umusore wo mu gihugu cya Kenya mu gace ka Kawangware hafi y’ikigo cy’ishuri rya Bridge International School abuze umuntu wamufasha kuva mu bwiherero yacukuraga kubera inkuta zabwo zari zimaze kumugwira birangira hafashwe icyemezo cyo kumushyingura ari muzima kubera ubu bwiherero yacukuraga bitari byoroshye kumuvanamo. Nkuko ikinyamakuru TUKO dukesha iyi nkuru kibitangaza, uyu musore utavuzwe amazina biravugwa ko yari yaje muri aka gace ka Gatina mu cyaro cya Kawangware azanywe n’iki kiraka cyo gucukura ubwiherero kuko atariho avuka. Nyuma yuko uyu musore agwiriwe n’umusozi, amakuru aravuga ko mugenzi we bafatanyaga yabuze icyo yakora kuko bari bageze hasi cyane. Nyuma yo kubura icyo yakora, yahisemo guhuruza abantu ariko nabo birangira babuze icyo kongeraho bityo hafatwa umwanzuro wo kumushyingura ari muzima. Uyu musore bivugwa ko akomoka mu gace ka Emitukui Lugulu karere ka Bungoma, yashyinguwe muri ubu bwiherero yacukuraga hafi y’ishuri rya Bridge International School ku wa gatatu tariki ya 17 Mutarama 2018. Uyu musore utarahiriwe n’iki kiraka yari abonye, yabuze uwamutabara kuko na mugenzi we yari yagiye gushaka amazi yo kunywa hafi y’aho bakoreraga dore ko akigaruka yasanze mugenzi we yatabwe n’itaka ku buryo bukomeye. Ikinyamakuru Tuko gikomeza kivuga ko ubwo cyageraga aho iyi mpanuka yabereye, mugenzi w’uyu musore wagwiriwe n’umusozi yariraga cyane asaba ko hakorwa ibishoboka byose mugenzi we agakurwa muri ubwo bwiherero ariko nyamara bitari byoroshye bitewe n’aho bari bageze bacukura. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com . Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Jean Kuya 19-01-2018 Aho gutanga amakuru nkaya bajye babyihorera.. umuntu yakwibaza niba harimo ukuribigihehe cyose utatanze amakuru yuzuye kabera ernest Kuya 18-01-2018 inkuru ituzuye ???:ubwo umuntu yabuirwa Niki igihugu byabereyemo koko ???!!!mujye muba abanyamwuga kbsa. INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Yashyinguwe ari muzima kubera kubura umuntu umuvama mu bwiherero yacukuraga UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 18-01-2018 saa 13:27' whatsapp Facebook Ni nyuma yuko umusore wo mu gihugu cya Kenya mu gace ka Kawangware hafi y’ikigo cy’ishuri rya Bridge International School abuze umuntu wamufasha kuva mu bwiherero yacukuraga kubera inkuta zabwo zari zimaze kumugwira birangira hafashwe icyemezo cyo kumushyingura ari muzima kubera ubu bwiherero yacukuraga bitari byoroshye kumuvanamo. Nkuko ikinyamakuru TUKO dukesha iyi nkuru kibitangaza, uyu musore utavuzwe amazina biravugwa ko yari yaje muri aka gace ka Gatina mu cyaro cya Kawangware azanywe n’iki kiraka cyo gucukura ubwiherero kuko atariho avuka. Nyuma yuko uyu musore agwiriwe n’umusozi, amakuru aravuga ko mugenzi we bafatanyaga yabuze icyo yakora kuko bari bageze hasi cyane. Nyuma yo kubura icyo yakora, yahisemo guhuruza abantu ariko nabo birangira babuze icyo kongeraho bityo hafatwa umwanzuro wo kumushyingura ari muzima. Uyu musore bivugwa ko akomoka mu gace ka Emitukui Lugulu karere ka Bungoma, yashyinguwe muri ubu bwiherero yacukuraga hafi y’ishuri rya Bridge International School ku wa gatatu tariki ya 17 Mutarama 2018. Uyu musore utarahiriwe n’iki kiraka yari abonye, yabuze uwamutabara kuko na mugenzi we yari yagiye gushaka amazi yo kunywa hafi y’aho bakoreraga dore ko akigaruka yasanze mugenzi we yatabwe n’itaka ku buryo bukomeye. Ikinyamakuru Tuko gikomeza kivuga ko ubwo cyageraga aho iyi mpanuka yabereye, mugenzi w’uyu musore wagwiriwe n’umusozi yariraga cyane asaba ko hakorwa ibishoboka byose mugenzi we agakurwa muri ubwo bwiherero ariko nyamara bitari byoroshye bitewe n’aho bari bageze bacukura. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com . Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Jean Kuya 19-01-2018 Aho gutanga amakuru nkaya bajye babyihorera.. umuntu yakwibaza niba harimo ukuribigihehe cyose utatanze amakuru yuzuye kabera ernest Kuya 18-01-2018 inkuru ituzuye ???:ubwo umuntu yabuirwa Niki igihugu byabereyemo koko ???!!!mujye muba abanyamwuga kbsa. INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu