Close MORE NEWS Zimbabwe: Bashyizeho amadorali nk’ifaranga rizajya rikoreshwa UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 12-11-2019 saa 18:38' whatsapp Facebook Ni nyuma y’igihe kinini igihugu cya Zimbabwe kivugwamo guta agaciro ku mafaranga yaho. Kuri ubu bashyize kumugaragaro amadorali azajya akoreshwa nyuma y’ibibazo by’ubukungu byagiye bibibasira cyane kuva mu mwaka wa 2009. Amakuru avayo, aremeza ko abantu benshi baramukiye kuri banki nkuru y’ki gihugu kugirango barebe ayo madorali abayeho bwa mbere mu mateka y’igihugu cya zimbambwe. Aya madorali yakozwe mu gihe ubukungu bukomeje kumera nabi, aho ifaranga ryabo ryataga agaciro buri munsi, banki nkuru y’iki gihugu ikaba yatangaje ko aya madorali ashobora kuzongerera agaciro ifaranga rya Zimbabwe. Kugeza ubu ifaranga rya Zimbabwe ryataye agaciro, ku kigereranyo kingana na 300% nk’uko byatangajwe na AL JAZEERA NEWS Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Zimbabwe: Bashyizeho amadorali nk’ifaranga rizajya rikoreshwa UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 12-11-2019 saa 18:38' whatsapp Facebook Ni nyuma y’igihe kinini igihugu cya Zimbabwe kivugwamo guta agaciro ku mafaranga yaho. Kuri ubu bashyize kumugaragaro amadorali azajya akoreshwa nyuma y’ibibazo by’ubukungu byagiye bibibasira cyane kuva mu mwaka wa 2009. Amakuru avayo, aremeza ko abantu benshi baramukiye kuri banki nkuru y’ki gihugu kugirango barebe ayo madorali abayeho bwa mbere mu mateka y’igihugu cya zimbambwe. Aya madorali yakozwe mu gihe ubukungu bukomeje kumera nabi, aho ifaranga ryabo ryataga agaciro buri munsi, banki nkuru y’iki gihugu ikaba yatangaje ko aya madorali ashobora kuzongerera agaciro ifaranga rya Zimbabwe. Kugeza ubu ifaranga rya Zimbabwe ryataye agaciro, ku kigereranyo kingana na 300% nk’uko byatangajwe na AL JAZEERA NEWS Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu