Close MORE NEWS Havumbuwe uburyo bwo gukora amatafari mu nkari z’abantu yuma adatwikiwe mu ifuru UMUBAVU.com umubavu Kuya 25-10-2018 saa 16:49' whatsapp Facebook Muri kaminuza ya Cape Town muri Afurika y’epfo abanyeshuri bavumbuye uburyo bushya bwo gukora amatafari hakoreshejwe inkari z’abantu akuma bitabaye ngombwa ko atwikwa mu birombe ngo hasohoke umwuka wangiza ikirere. Aba banyeshuri bo muri iyi kaminuza bavuga ko bamaze gukora amatafari bifashishije inkari bakuye mu bwihagariko bw’abagabo (urinoire) bazivanga n’umucanga ndetse n’udukoko (bacteria) dufasha amatafari gukomera mu buryo bw’umwimere atabanje gutwikwa. Aba banyeshuri bakomeza bavuga ko umusemburo utandukanya ibigize inkari maze bigatanga ikinyabutabire (calcium carbonate) gifasha mu gufatanya ibigeze itafari byose ku buryo bw’urutare hakaboneka itafari. Ubu buryo bushobora kuzasimbura ubundi bwari busanzwe bukoreshwa mu kubumba amatafari kuko bwasabaga kubanza kuyatwikira mu ifuru hakaboneka imyotsi myinshi igizwe n’ibinyabutabire byanduza ikirere. Avabenyeshuri 2 bavumbuye ubu buryo Vukheta Mukhari na Suzanne Lambert niho bahera bavuga ko amatafari yabo ari inshuti nziza y’ibidukikije ko akwiye kuyobokwa na benshi. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru Urukiko rwategetse u Rwanda gusubiza abarimo Kayumba Nyamwasa ‘Passports’ zabo amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Asinah na Bruce Melody barakizwa na mbuga! NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Havumbuwe uburyo bwo gukora amatafari mu nkari z’abantu yuma adatwikiwe mu ifuru UMUBAVU.com umubavu Kuya 25-10-2018 saa 16:49' whatsapp Facebook Muri kaminuza ya Cape Town muri Afurika y’epfo abanyeshuri bavumbuye uburyo bushya bwo gukora amatafari hakoreshejwe inkari z’abantu akuma bitabaye ngombwa ko atwikwa mu birombe ngo hasohoke umwuka wangiza ikirere. Aba banyeshuri bo muri iyi kaminuza bavuga ko bamaze gukora amatafari bifashishije inkari bakuye mu bwihagariko bw’abagabo (urinoire) bazivanga n’umucanga ndetse n’udukoko (bacteria) dufasha amatafari gukomera mu buryo bw’umwimere atabanje gutwikwa. Aba banyeshuri bakomeza bavuga ko umusemburo utandukanya ibigize inkari maze bigatanga ikinyabutabire (calcium carbonate) gifasha mu gufatanya ibigeze itafari byose ku buryo bw’urutare hakaboneka itafari. Ubu buryo bushobora kuzasimbura ubundi bwari busanzwe bukoreshwa mu kubumba amatafari kuko bwasabaga kubanza kuyatwikira mu ifuru hakaboneka imyotsi myinshi igizwe n’ibinyabutabire byanduza ikirere. Avabenyeshuri 2 bavumbuye ubu buryo Vukheta Mukhari na Suzanne Lambert niho bahera bavuga ko amatafari yabo ari inshuti nziza y’ibidukikije ko akwiye kuyobokwa na benshi. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru Urukiko rwategetse u Rwanda gusubiza abarimo Kayumba Nyamwasa ‘Passports’ zabo amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Asinah na Bruce Melody barakizwa na mbuga! NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo