Close MORE NEWS Musanze: Umubyeyi wari uhetse umwana yiciwe mu Bitaro UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-09-2019 saa 10:44' whatsapp Facebook Kuri uyu wa Kabiri, bamwe mu bakozi bo mu bitaro bya Ruhengeri biri mu Murenge wa Muhoza, mu karere ka Musanze basanze hapfiriye umuntu hafi y’ubusitani bwabyo. Uyu akaba ari umubyeyi witwa Mukandoli Clemantine, yari ahetse umwana w’imyaka 2. Umuyobozi w’Ibitaro bya Ruhengeri, Dr Philbert Muhire yabwiye itangazamakuru ko Mukandoli yari yaraye muri biriya Bitaro yaje gusura abarwaza ndetse ngo mu gitondo hari abamubonye agendagenda mu kigo. Ati “Ayo makuru niyo uwo mubyeyi yiciwe mu kigo kandi bamusanganye igikomere ku mutwe ariko RIB yaje itangira iperereza". Mukandoli akomoka mu Murenge wa Nkotsi mu Karere ka Musanze akaba yari afite imyaka 32 y’amavuko, umwana yari ahetse we ngo nta kibazo yagize. Abaturage bamubonye babwiye umunyamakuru ko babonye nyakwigendera ava amaraso mu gitsina. Bivugwa ko uriya mubyeyi yiciwe mu bitaro bya Ruhengeri biri mu Murenge wa Muhoza @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza amakuru Tanzania, Burundi na RDC mu mushinga wo kubaka inzira ya Gariyamoshi igezweho NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Musanze: Umubyeyi wari uhetse umwana yiciwe mu Bitaro UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-09-2019 saa 10:44' whatsapp Facebook Kuri uyu wa Kabiri, bamwe mu bakozi bo mu bitaro bya Ruhengeri biri mu Murenge wa Muhoza, mu karere ka Musanze basanze hapfiriye umuntu hafi y’ubusitani bwabyo. Uyu akaba ari umubyeyi witwa Mukandoli Clemantine, yari ahetse umwana w’imyaka 2. Umuyobozi w’Ibitaro bya Ruhengeri, Dr Philbert Muhire yabwiye itangazamakuru ko Mukandoli yari yaraye muri biriya Bitaro yaje gusura abarwaza ndetse ngo mu gitondo hari abamubonye agendagenda mu kigo. Ati “Ayo makuru niyo uwo mubyeyi yiciwe mu kigo kandi bamusanganye igikomere ku mutwe ariko RIB yaje itangira iperereza". Mukandoli akomoka mu Murenge wa Nkotsi mu Karere ka Musanze akaba yari afite imyaka 32 y’amavuko, umwana yari ahetse we ngo nta kibazo yagize. Abaturage bamubonye babwiye umunyamakuru ko babonye nyakwigendera ava amaraso mu gitsina. Bivugwa ko uriya mubyeyi yiciwe mu bitaro bya Ruhengeri biri mu Murenge wa Muhoza @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza amakuru Tanzania, Burundi na RDC mu mushinga wo kubaka inzira ya Gariyamoshi igezweho NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo