Close MORE NEWS Uruzinduko rwa Perezida Ndayishimiye muri Tanzania-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 21-09-2020 saa 07:54' whatsapp Facebook Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ku wa Gatandatu taliki 19 Nzeri 2020 yagiriye uruzinduko mu gihugu cya Tanzania agiye kuganira na mugenzi we, Dr John Pombe Magufuli. Perezida Ndayishimiye yagiriye uruzinduko muri Tanzania nyuma yuko Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi bitangaje uru ruzinduko ko rwakozwe ku butumire bwa mugenzi we Dr John Pombe Joseph Magufuli. Kuva arahiriye kuyobora u Burundi ku wa 18 Kamena 2020, nibwo bwa Mbere Perezida Ndayishimiye asohotse mu gihugu agiye mu ruzinduko haba mu Karere n’ahandi ku isi. Perezida Ndayishimiye yasuye Tanzania nyuma y’iminsi itageze mu Cyumweru Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na we asuye Tanzania. Perezida Museveni yagiye gusura Magufuli ku wa 13 Nzeri 2020 ndetse basinya amasezerano ajyanye n’ibitembo bya Petrol bizava Uganda bigaca muri Tanzania. Ubwo Perezida Ndayishimiye yari ahageze haririmbwa indirimbo zubahiriza ibihugu byombi Perezida Ndayishimiye ahagararanye na mugenzi we Dr Pombe Magufuli Asuhuza abayobozi bakuru ba Tanzania bari baje kumwakira Asuhuza n’ingabo za Tanzania Madamu Ingabire Victoire, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu Rwanda abwije ukuri Inteko, avuga n’aho abona u Rwanda rugeze muri Demokarasi n’amanota yaruha: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Luc Kuya 22-09-2020 Eh ko ntanumwe wambaye ahahomamunwa? INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Uruzinduko rwa Perezida Ndayishimiye muri Tanzania-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 21-09-2020 saa 07:54' whatsapp Facebook Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ku wa Gatandatu taliki 19 Nzeri 2020 yagiriye uruzinduko mu gihugu cya Tanzania agiye kuganira na mugenzi we, Dr John Pombe Magufuli. Perezida Ndayishimiye yagiriye uruzinduko muri Tanzania nyuma yuko Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi bitangaje uru ruzinduko ko rwakozwe ku butumire bwa mugenzi we Dr John Pombe Joseph Magufuli. Kuva arahiriye kuyobora u Burundi ku wa 18 Kamena 2020, nibwo bwa Mbere Perezida Ndayishimiye asohotse mu gihugu agiye mu ruzinduko haba mu Karere n’ahandi ku isi. Perezida Ndayishimiye yasuye Tanzania nyuma y’iminsi itageze mu Cyumweru Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na we asuye Tanzania. Perezida Museveni yagiye gusura Magufuli ku wa 13 Nzeri 2020 ndetse basinya amasezerano ajyanye n’ibitembo bya Petrol bizava Uganda bigaca muri Tanzania. Ubwo Perezida Ndayishimiye yari ahageze haririmbwa indirimbo zubahiriza ibihugu byombi Perezida Ndayishimiye ahagararanye na mugenzi we Dr Pombe Magufuli Asuhuza abayobozi bakuru ba Tanzania bari baje kumwakira Asuhuza n’ingabo za Tanzania Madamu Ingabire Victoire, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu Rwanda abwije ukuri Inteko, avuga n’aho abona u Rwanda rugeze muri Demokarasi n’amanota yaruha: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Luc Kuya 22-09-2020 Eh ko ntanumwe wambaye ahahomamunwa? INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu