Close MORE NEWS Byari ibyishimo bikomeye kuri Ange Kagame waserukanye n’umukunzi we muri Rwanda Fashion Week-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-06-2019 saa 07:18' whatsapp Facebook Kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Kamena 2019, byari ibyishimo bikomeye ku mukobwa wa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, Ange Ingabire Kagame ubwo yari yaserukanye n’umukunzi we Bertrand Ndengeyingoma mu birori ngarukamwaka by’icyumweru cyo kumurika imideli nyarwanda (Rwanda Fashion Week). Urebye neza amafoto agaragaza Ange Ingabire Kagame n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma, bihita bikwereka ibyishimo bari bafite yanagaragaje ashimira byimazeyo abamwambitse we n’umukunzi we, bagaserukaba baberewe. Abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, Ange Kagame yatangaje ko ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, yagiye gushyigikira ibikorerwa mu Rwanda (Made in Rwanda) akitabira Rwanda Fashion Week ari kumwe n’umukunzi we Bertrand Ndengeyingoma wamusabye akanamukwa mu mpera z’umwaka ushize wa 2018. Yashimiye kandi inzu itunganya imideli y’imbararo itandukanye y’ibikorerwa mu Rwanda izwi nka Moshions, kuba yaramwambitse neza we n’umukunzi we bakaberwa muri ibi birori. Yanashimiye kandi abateguye ibirori bya Rwanda Fashion Week bisanzwe biba buri mwaka. N’akanyamuneza, Moses uyobora Moshions yavuze ko kuba Ange Kagame yishimiye uko we n’umukunzi we bambitswe, ari ishema kuri bo ariko bikaba n’ikimenyetso cy’uko ibikorerwa mu Rwanda bifite ubwiza bw’umwihariko. Yavuze ko buri wese akwiye gushyigikira ibikorerwa mu Rwanda no guharanira ko birushaho gutera imbere. Ange Kagame yanyuzwe n’uburyo Moshions yabambitse bagaseruka muri Rwanda Fashion Week baberewe @Umubavu.com Amafoto: The New Times Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza amakuru Tanzania, Burundi na RDC mu mushinga wo kubaka inzira ya Gariyamoshi igezweho NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Byari ibyishimo bikomeye kuri Ange Kagame waserukanye n’umukunzi we muri Rwanda Fashion Week-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-06-2019 saa 07:18' whatsapp Facebook Kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Kamena 2019, byari ibyishimo bikomeye ku mukobwa wa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, Ange Ingabire Kagame ubwo yari yaserukanye n’umukunzi we Bertrand Ndengeyingoma mu birori ngarukamwaka by’icyumweru cyo kumurika imideli nyarwanda (Rwanda Fashion Week). Urebye neza amafoto agaragaza Ange Ingabire Kagame n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma, bihita bikwereka ibyishimo bari bafite yanagaragaje ashimira byimazeyo abamwambitse we n’umukunzi we, bagaserukaba baberewe. Abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, Ange Kagame yatangaje ko ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, yagiye gushyigikira ibikorerwa mu Rwanda (Made in Rwanda) akitabira Rwanda Fashion Week ari kumwe n’umukunzi we Bertrand Ndengeyingoma wamusabye akanamukwa mu mpera z’umwaka ushize wa 2018. Yashimiye kandi inzu itunganya imideli y’imbararo itandukanye y’ibikorerwa mu Rwanda izwi nka Moshions, kuba yaramwambitse neza we n’umukunzi we bakaberwa muri ibi birori. Yanashimiye kandi abateguye ibirori bya Rwanda Fashion Week bisanzwe biba buri mwaka. N’akanyamuneza, Moses uyobora Moshions yavuze ko kuba Ange Kagame yishimiye uko we n’umukunzi we bambitswe, ari ishema kuri bo ariko bikaba n’ikimenyetso cy’uko ibikorerwa mu Rwanda bifite ubwiza bw’umwihariko. Yavuze ko buri wese akwiye gushyigikira ibikorerwa mu Rwanda no guharanira ko birushaho gutera imbere. Ange Kagame yanyuzwe n’uburyo Moshions yabambitse bagaseruka muri Rwanda Fashion Week baberewe @Umubavu.com Amafoto: The New Times Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza amakuru Tanzania, Burundi na RDC mu mushinga wo kubaka inzira ya Gariyamoshi igezweho NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo