Close MORE NEWS Umuhanzi ukunzwe muri Ethiopia yishwe arashwe UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-06-2020 saa 08:48' whatsapp Facebook Umwe mu bahanzi bakunzwe mu gihugu cya Ethiopia witwa Hachalu Hundessa, yaraye yishwe arashwe, ibi byatumye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri haba imyigaragambyo mu murwa mukuru Addis Ababa. Hundessa, usanzwe ari n’impirimbanyi y’uburenganzira, nyuma yo kuraswa yajyanywe ku bitaro ariko biba iby’ubusa apfa azize ibikomere. Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed yihanganishije umuryango wa Hundessa, avuga ko yari umuhanzi "w’igitangaza". Hundessa w’imyaka 34 yari impirimbanyi y’ubwisanzure n’uburenganzira bw’abo mu bwoko bwe bw’aba Oromo, mu myigaragambyo yo mu myaka ishize nibwo yamamaye cyane kubera indirimbo ze. Mu gitondo uyu munsi ku wa Kabiri, abantu benshi bavuye mu bice bitandukanye bagana rwagati mu murwa mukuru Addis kwigaragambya bamagana iyicwa ry’uyu muhanzi. Internet yahise ifungwa mu gihugu kuva ibi bitangiye muri iki gitondo nk’uko BBC ibivuga. Polisi yataye muri yombi abantu benshi bakekwaho kwica Bwana Hundessa. Ethiopia isanzwe yugarijwe n’amakimbirane n’urugomo bishingiye ku moko y’abatuye iki gihugu. Imyigaragambyo mu murwa mukuru Addis kubera iyicwa rya Hundessa Hachalu Hundessa yishwe arashwe Minisitiri Gatete mu iperereza kuri ruswa, Trump ashobora gutabwa muri yombi, umusaza wishwe aragiye inka ze na zo zikaburirwa irengero n’izindi nkuru utapfa gusanga ahandi uretse k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umuhanzi ukunzwe muri Ethiopia yishwe arashwe UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-06-2020 saa 08:48' whatsapp Facebook Umwe mu bahanzi bakunzwe mu gihugu cya Ethiopia witwa Hachalu Hundessa, yaraye yishwe arashwe, ibi byatumye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri haba imyigaragambyo mu murwa mukuru Addis Ababa. Hundessa, usanzwe ari n’impirimbanyi y’uburenganzira, nyuma yo kuraswa yajyanywe ku bitaro ariko biba iby’ubusa apfa azize ibikomere. Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed yihanganishije umuryango wa Hundessa, avuga ko yari umuhanzi "w’igitangaza". Hundessa w’imyaka 34 yari impirimbanyi y’ubwisanzure n’uburenganzira bw’abo mu bwoko bwe bw’aba Oromo, mu myigaragambyo yo mu myaka ishize nibwo yamamaye cyane kubera indirimbo ze. Mu gitondo uyu munsi ku wa Kabiri, abantu benshi bavuye mu bice bitandukanye bagana rwagati mu murwa mukuru Addis kwigaragambya bamagana iyicwa ry’uyu muhanzi. Internet yahise ifungwa mu gihugu kuva ibi bitangiye muri iki gitondo nk’uko BBC ibivuga. Polisi yataye muri yombi abantu benshi bakekwaho kwica Bwana Hundessa. Ethiopia isanzwe yugarijwe n’amakimbirane n’urugomo bishingiye ku moko y’abatuye iki gihugu. Imyigaragambyo mu murwa mukuru Addis kubera iyicwa rya Hundessa Hachalu Hundessa yishwe arashwe Minisitiri Gatete mu iperereza kuri ruswa, Trump ashobora gutabwa muri yombi, umusaza wishwe aragiye inka ze na zo zikaburirwa irengero n’izindi nkuru utapfa gusanga ahandi uretse k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu