Habonetse andi  mabanga akomeye muri transport mu Rwanda

Kimwe mu bigo bikodesha imodoka zigezweho hano mu Rwanda cyitwa Premier Transport Service cya vuze amwe mu mabanga abantu batari bakiziho aho abantu batari bamenyereye ko imodoka bafite n’abantu baciriritse bazigondera bakaryoshya ubuzima ikindi n’uko bafite service nziza baha abantu bose bashaka imodoka zigenzweho.

Mu nkuru tumaze iminsi dukora bamwe mu bakunzi b’umubavu.com badusabye ko twababariza iki kigo niba bafite imodoka ziciriritse ngo nabo bazajye babagana ngo kuko bamenyereye ko zigendamo abanyamahanga gusa, ubu bakaba baduhaye igisubizo tuza kubagezaho muri iyi nkuru.

Umuyobozi mukuru wa Primier transport service yavuze ko badafite imodoka zigenzweho gusa ko ahubwo bafite n’iziciriritse kandi ko uwazishaka wese yazigondera anongeraho ko abakobwa bakunze kuzifashisha muri byarirori bakunze gukora mbere y’ubukwe.

Yagize ati, " Imodoka zacu ntabwo zihenze n’abandi basanzwe bazikoresha mubirori bitandukanye kuko abakobwa bagiye gushyingirwa barazifashisha bakazigendamo n’abandi bafite ubukwe barazikodesha bakazikoresha umunsi wose"

Uyu muyobozi kandi yahishuye amwe mu mabanga abantu batari bazi aho abantu bamenyereye ko izi modoka ari izabanyamahanga ariko siko biri kuko 80% bazikoresha ari abanyarwanda aha yakanguriye abandi bataramenya ibi byiza bafite kubagana bakabaha service nziza.

Mu bandi baganiriye n’umubavu.com bavuga ko iyi sosete ikora neza ngo service babaha ntahandi bazikura aho ngo usanga abandi bababeshya ko bafite imodoka nyamara bazibaka bakazibura bo ngo ntabwo barabibabonaho banavuga ko aribo bafite imodoka zigenzwego kandi zikoranye ikorana buhanga kuburyo ufite ubukwe ntuzikoreshe uba ngo uhombye.

Bagize bati, "Iyi modoka iri ku rwego rwo hejuru ni imodoka ikoranye ubuhanga budasazwe kuko idapfa gukora impanuka, iyo igiye kuyikora iburira umushoferi."

Premier transport services yatangiye mu kwezi kwa gatanu muri 2016 iherereye Downtown, muri etage ya gatatu mu muryango wa F3-04 bakaba bafite service zitandukanye harimo: chauffer drive car hire , self drive, airport shuttle, wedding car hire , logistics management, executive car hire, ushaka ime muri isi sercive wahamagara kuri 0788319331, 0788307339.






Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru



Igitekerezo
elie Kuya 15-11-2018

ni ibintu byiza cyane. gusa dusanze iyi atari inkuru ahubwo ari ukwamamaza.
ariko njye ikifuzo cyanjye nuko bashyiraho n’ibiciro tukagereranya n’abandi tukareba itandukaniro.
Imodoka zo twazishimye kandi turazikeneye ariko mu nkuru yamamaza y’ubutaha muzatubarize n’ibiciro.
murakoze

elie Kuya 15-11-2018

ni ibintu byiza cyane. gusa dusanze iyi atari inkuru ahubwo ari ukwamamaza.
ariko njye ikifuzo cyanjye nuko bashyiraho n’ibiciro tukagereranya n’abandi tukareba itandukaniro.
Imodoka zo twazishimye kandi turazikeneye ariko mu nkuru yamamaza y’ubutaha muzatubarize n’ibiciro.
murakoze

Plapla Kuya 29-10-2018

ese mwagiye munatubwira ibiciro ko mutiny kubivuga.ubundi ngirango ibiciro byitwa bito iyo hari ibyo ubigereranya nabyo,kdi twe tuba dushaka ibyamakeya.

Komera Thacien Kuya 9-09-2018

IYI NI INKURU CYANGA NI UKWAMAMAZA!!!!!!!!!!

Big Man Kuya 9-09-2018

Mfite byinshi navuga kuri zino modoka kuko ngewe nzigendamo ikindi nkanazamamaza urumva ko ari ibintu bibiri byombi.
Reka mpere kuri BMW ni imodoka nziza ya VIP aho itandukaniye n’izindi modoka ntabwo yatuma ukora impanuka!
Ntiyakwemera ko uyitwara wanyoye inzoga!
Ikindi ubwayo ushobora kuyiha amabwiriza ikitwara murumva iyo modoka atari iyo kugendamo koko?
Reka mvuge kuri Bus Yembera u Rwanda n’imodoka y’insirimu nziza itikoraho inahumura! iyo itwaye abantu baba bameze nkaho bibereye imuhira kdi ntihenze
Hari indi yitwa Presidential Bus yo uyikoreramo inama kuva muri Ville ujya mu intara uhagera warangije akazi ndetse nabo mwajyanye muhita mwinjira mu kazi!
Ntumenya niba uri mu imodoka kuko ntinyeganyega ngo wumve ko ugeze mu mukuku nk’izindi modoka!
Muzisure muzikodeshe ni nziza kbs.
Sinasoza comment ntavuze ku abashoferi baba bambaye neza, bakugereraho igihe, bafite ikinyabupfura, bararezwe kdi bakunda Igihugu nkurikije ibiganiro byabo.
Mbakangurire kujya muri Premier Transport Service muhabwe imodoka nziza ku igiciro cyiza.
Ngewe byarandenze ni Mhbalaka

Uwanyirigira Alice Kuya 9-09-2018

Ngewe nshimira abantu bashaka ko igihugu cyatera imbere kuri buri kintu cyose ngewe bampereye umwana akazi ubu ariga neza ndabashima nukuri Imana ibahe umugisha babone n’abakiriya benshi batanga serivise nziza inoze

Uwanyirigira Alice Kuya 9-09-2018

Ngewe nshimira abantu bashaka ko igihugu cyatera imbere kuri buri kintu cyose ngewe bampereye umwana akazi ubu ariga neza ndabashima nukuri Imana ibahe umugisha babone n’abakiriya benshi batanga serivise nziza inoze

Kambanda Kuya 9-09-2018

Urikoye uziko musetsa aba Bantu kuki batimenyekanisha Koko uziko ntarimbazi nanjyaga ngirango ziriya modoka niza RDB

Claude Rushema Kuya 9-09-2018

Ndashimira Premier kuri Service baduha kubera ko ari ntahandi wayisanga kuko iyo ngiye kuza mu Rwanda mbanza kumenya ko bampa Service kuko nzenguruka u Rwanda mu gihe gitoya kdi batantengushye ubu maze gutanga Link yanyu ku abantu benshi basomye iyi nkuru ndabakunda cyane ku imodoka nziza za VIP cyane cyane Tembera u Rwanda mudatenguha tuzagora tubagana

Barakagira Kuya 9-09-2018

Uziko ntarinziko ziriya modoka abantu bisanzwe bazikoresha nonese kuki batabyamamaza cyane ngo twese tubimenye ubu njye ndabimenye arioo n’abandi barabikeneye mukomereze aho ujye munashyiraho ibiciro byazo

Barakagira Kuya 9-09-2018

Uziko ntarinziko ziriya modoka abantu bisanzwe bazikoresha nonese kuki batabyamamaza cyane ngo twese tubimenye ubu njye ndabimenye arioo n’abandi barabikeneye mukomereze aho ujye munashyiraho ibiciro byazo

Barakagira Kuya 9-09-2018

Uziko ntarinziko ziriya modoka abantu bisanzwe bazikoresha nonese kuki batabyamamaza cyane ngo twese tubimenye ubu njye ndabimenye arioo n’abandi barabikeneye mukomereze aho ujye munashyiraho ibiciro byazo

Claude Rushema Kuya 9-09-2018

Ndashimira Premier kuri Service baduha kubera ko ari ntahandi wayisanga kuko iyo ngiye kuza mu Rwanda mbanza kumenya ko bampa Service kuko nzenguruka u Rwanda mu gihe gitoya kdi batantengushye ubu maze gutanga Link yanyu ku abantu benshi basomye iyi nkuru ndabakunda cyane ku imodoka nziza za VIP cyane cyane Tembera u Rwanda mudatenguha tuzagora tubagana

Ribayiza Fred Kuya 9-09-2018

Maze igihe nza mu Rwanda ntahandi nakura Imodoka usibye muri Premier Transport kuko nibo nabonue