Gicumbi: Amarira n’agahinda byaranze ishyingurwa rya wa muyobozi wishwe

Kuri uyu wa mbere mu rukerera nibwo hagaragaye amakuru y’urupfu rw’uwahoze ari umukuru w’umudugudu wa Gashinge witwa MUGARUKIRA LEANDRE wo mu murenge wa Rushaki ,mu Karere ka Gicumbi.

Gusa urupfu rwuyu mugabo rwakomeje gutera urujijo kuko ubuyobozi bukomeje kugutsimbarara ko nyakwigendera yishwe ,akicirwa hafi
yiwe ,hagacekwa Abarembetsi kuko arumwe wakundaga gutanga amakuru kubacuruzi bayo.

Ku rundi ruhande kumakuru twacukumbuye agaragaza ko nyakwigendera yiciwe kure akazanwa umurambo we ugatabwa hafi yiwe.
Aya makuru yahamijwe n’umwe mubo mu muryango we wasabye ko tutaza kugaragaza amazina ye.

Ngo nyakwigendera Leandre yahamagawe yanaryamye,arabyuka
,umugore amenya ko agiye bisanzwe ku irondo kuko yari umukuru w’umudugudu.

N’umugore we yaratunguwe mu gitondo ageze ku murambo w’umugabo we. Kuruyu wa kabiri nibwo nyakwigendera yaje gushyingurwa
mucyubahiro n’inze





Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru



Igitekerezo
Thacien Kuya 17-06-2018

Mwite ku myandikire kandi mujye mureka kwandi mu ndimi z’uturere(dialect)

Gucekwa ni iki?
Ntibandika Rwuyu bandika rw’uyu,
Indangahantu mu na ku bitandukana n’ izina