Close MORE NEWS Gicumbi: Amarira n’agahinda byaranze ishyingurwa rya wa muyobozi wishwe UMUBAVU.com admin Kuya 14-06-2018 saa 18:18' whatsapp Facebook Kuri uyu wa mbere mu rukerera nibwo hagaragaye amakuru y’urupfu rw’uwahoze ari umukuru w’umudugudu wa Gashinge witwa MUGARUKIRA LEANDRE wo mu murenge wa Rushaki ,mu Karere ka Gicumbi. Gusa urupfu rwuyu mugabo rwakomeje gutera urujijo kuko ubuyobozi bukomeje kugutsimbarara ko nyakwigendera yishwe ,akicirwa hafi yiwe ,hagacekwa Abarembetsi kuko arumwe wakundaga gutanga amakuru kubacuruzi bayo. Ku rundi ruhande kumakuru twacukumbuye agaragaza ko nyakwigendera yiciwe kure akazanwa umurambo we ugatabwa hafi yiwe. Aya makuru yahamijwe n’umwe mubo mu muryango we wasabye ko tutaza kugaragaza amazina ye. Ngo nyakwigendera Leandre yahamagawe yanaryamye,arabyuka ,umugore amenya ko agiye bisanzwe ku irondo kuko yari umukuru w’umudugudu. N’umugore we yaratunguwe mu gitondo ageze ku murambo w’umugabo we. Kuruyu wa kabiri nibwo nyakwigendera yaje gushyingurwa mucyubahiro n’inze Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Thacien Kuya 17-06-2018 Mwite ku myandikire kandi mujye mureka kwandi mu ndimi z’uturere(dialect) Gucekwa ni iki? Ntibandika Rwuyu bandika rw’uyu, Indangahantu mu na ku bitandukana n’ izina INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Gicumbi: Amarira n’agahinda byaranze ishyingurwa rya wa muyobozi wishwe UMUBAVU.com admin Kuya 14-06-2018 saa 18:18' whatsapp Facebook Kuri uyu wa mbere mu rukerera nibwo hagaragaye amakuru y’urupfu rw’uwahoze ari umukuru w’umudugudu wa Gashinge witwa MUGARUKIRA LEANDRE wo mu murenge wa Rushaki ,mu Karere ka Gicumbi. Gusa urupfu rwuyu mugabo rwakomeje gutera urujijo kuko ubuyobozi bukomeje kugutsimbarara ko nyakwigendera yishwe ,akicirwa hafi yiwe ,hagacekwa Abarembetsi kuko arumwe wakundaga gutanga amakuru kubacuruzi bayo. Ku rundi ruhande kumakuru twacukumbuye agaragaza ko nyakwigendera yiciwe kure akazanwa umurambo we ugatabwa hafi yiwe. Aya makuru yahamijwe n’umwe mubo mu muryango we wasabye ko tutaza kugaragaza amazina ye. Ngo nyakwigendera Leandre yahamagawe yanaryamye,arabyuka ,umugore amenya ko agiye bisanzwe ku irondo kuko yari umukuru w’umudugudu. N’umugore we yaratunguwe mu gitondo ageze ku murambo w’umugabo we. Kuruyu wa kabiri nibwo nyakwigendera yaje gushyingurwa mucyubahiro n’inze Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Thacien Kuya 17-06-2018 Mwite ku myandikire kandi mujye mureka kwandi mu ndimi z’uturere(dialect) Gucekwa ni iki? Ntibandika Rwuyu bandika rw’uyu, Indangahantu mu na ku bitandukana n’ izina INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu