Close MORE NEWS Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 27 Ukwakira 2020 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 28-10-2020 saa 08:04' whatsapp Facebook Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Ukwakira 2020 iyobowe na Perezida Paul Kagame, yongeye gusuzuma ingamba zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 zaherukaga kwemezwa mu nama yo ku wa 12 Ukwakira 2020. Imwe mu myanzuro yafatiwe muri iyi nama ni uko umubare w’abantu bataha ubukwe n’abiyakira uba 75 uvuye kuri 30 wari warashyizweho mu gihe insengero zemerewe kwakira kimwe cya Kabiri cy’abantu bazijyamo. ABATUBAJIJE AMAKURU YA CYUMA HASSAN WA ISHEMA TV TWAYABABONEYE UKO ABAYEHO, ABA BANNYAHE BATI "UBU TWAHINDUTSE IMPUNZI MU GIHUGU CYACU", IYUMVIRE BYINSHI MURI IYI VIDEO UTAPFA GUSANGA AHANDI: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Rucien misago Kuya 28-01-2021 Nejerejwe no kubana namwe INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 27 Ukwakira 2020 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 28-10-2020 saa 08:04' whatsapp Facebook Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Ukwakira 2020 iyobowe na Perezida Paul Kagame, yongeye gusuzuma ingamba zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 zaherukaga kwemezwa mu nama yo ku wa 12 Ukwakira 2020. Imwe mu myanzuro yafatiwe muri iyi nama ni uko umubare w’abantu bataha ubukwe n’abiyakira uba 75 uvuye kuri 30 wari warashyizweho mu gihe insengero zemerewe kwakira kimwe cya Kabiri cy’abantu bazijyamo. ABATUBAJIJE AMAKURU YA CYUMA HASSAN WA ISHEMA TV TWAYABABONEYE UKO ABAYEHO, ABA BANNYAHE BATI "UBU TWAHINDUTSE IMPUNZI MU GIHUGU CYACU", IYUMVIRE BYINSHI MURI IYI VIDEO UTAPFA GUSANGA AHANDI: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Rucien misago Kuya 28-01-2021 Nejerejwe no kubana namwe INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu