Close MORE NEWS U Buyapani bwijeje Afurika kuyifasha gukuba kabiri umusaruro w’umuceri UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 29-08-2019 saa 10:10' whatsapp Facebook Igihugu cy’u Buyapani kijeje gufasha umugabane wa Afurika gukuba kabiri umusaruro w’umuceri weza bitarenze mu mwaka wa 2030, iyi ikaba ari imwe mu ngamba nshya z’iki gihugu mu bufatanye bwacyo na Afurika. Iruhande rw’inama ya karindwi ya Tokyo International Conference on African Development, TICAD, Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe yavuze ko ikoranabuhanga no guhanga udushya bizafasha cyane kugera kuri iyi ntego. Banki Nyafurika itsura amajyambere ishyigikye iki cyifuzo cy’u Buyapani nk’uko Perezida w’iyi banki Akinwumi Adesina yabivuze. Yagize ati "Nubwo hari byinshi bigerwaho mu buhinzi, ntabwo turi kubasha gutsinda inzara, tugomba twese guhaguruka kugira ngo turwanye inzara ku isi. Kubikora ni uguca inzara muri Afurika". U Buyapani bufite umugambi wo kurushaho kwegera Afurika no kuhagira ijambo, nk’ayandi mahanga ari guharanira ijambo muri Afurika cyane cyane u Bushinwa. U Buyapani busanzwe bufasha ibihugu by’u Rwanda n’u Burundi mu mishinga inyuranye y’iterambere, mu buhinzi, uburezi n’ikoranabuhanga. Umuceri ni kimwe mu bihingwa byera mu bibaya byinshi muri Afurika, ni ikiribwa ariko gifatwa nk’icy’imiryango yishoboye mu bihugu by’u Rwanda n’u Burundi bifite umubare munini w’abakene. Abari munsi y’umurongo w’ubukene mu Rwanda babarirwa kuri 38% (Banki y’isi/2016), mu Burundi ni 64% (Banki y’isi/2014), abo ni abatunzwe no munsi ya $1,9 (1,700Frw) ku munsi. Ikiro kimwe cy’umuceri mu Burundi ku moko atandukanye yawo bitewe n’ubwiza, kiri hagati y’amafaranga 1,800 na 2,500Fbi, naho mu Rwanda kiri hagati ya 700 na 1,200Frw . Kongera umusaruro w’umuceri byasobanura kugabanuka kw’ibiciro byawo, inkuru yaba nziza ku batabasha kuwigondera ubu. Umuceri ufatwa nk’ibiryo by’abantu bishoboye mu Rwanda n’i Burundi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Rwanda: Diporome z’abize muri kaminuza Gatolika y’u Rwanda n’iyo muri Uganda ntizemewe ku isoko amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
U Buyapani bwijeje Afurika kuyifasha gukuba kabiri umusaruro w’umuceri UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 29-08-2019 saa 10:10' whatsapp Facebook Igihugu cy’u Buyapani kijeje gufasha umugabane wa Afurika gukuba kabiri umusaruro w’umuceri weza bitarenze mu mwaka wa 2030, iyi ikaba ari imwe mu ngamba nshya z’iki gihugu mu bufatanye bwacyo na Afurika. Iruhande rw’inama ya karindwi ya Tokyo International Conference on African Development, TICAD, Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe yavuze ko ikoranabuhanga no guhanga udushya bizafasha cyane kugera kuri iyi ntego. Banki Nyafurika itsura amajyambere ishyigikye iki cyifuzo cy’u Buyapani nk’uko Perezida w’iyi banki Akinwumi Adesina yabivuze. Yagize ati "Nubwo hari byinshi bigerwaho mu buhinzi, ntabwo turi kubasha gutsinda inzara, tugomba twese guhaguruka kugira ngo turwanye inzara ku isi. Kubikora ni uguca inzara muri Afurika". U Buyapani bufite umugambi wo kurushaho kwegera Afurika no kuhagira ijambo, nk’ayandi mahanga ari guharanira ijambo muri Afurika cyane cyane u Bushinwa. U Buyapani busanzwe bufasha ibihugu by’u Rwanda n’u Burundi mu mishinga inyuranye y’iterambere, mu buhinzi, uburezi n’ikoranabuhanga. Umuceri ni kimwe mu bihingwa byera mu bibaya byinshi muri Afurika, ni ikiribwa ariko gifatwa nk’icy’imiryango yishoboye mu bihugu by’u Rwanda n’u Burundi bifite umubare munini w’abakene. Abari munsi y’umurongo w’ubukene mu Rwanda babarirwa kuri 38% (Banki y’isi/2016), mu Burundi ni 64% (Banki y’isi/2014), abo ni abatunzwe no munsi ya $1,9 (1,700Frw) ku munsi. Ikiro kimwe cy’umuceri mu Burundi ku moko atandukanye yawo bitewe n’ubwiza, kiri hagati y’amafaranga 1,800 na 2,500Fbi, naho mu Rwanda kiri hagati ya 700 na 1,200Frw . Kongera umusaruro w’umuceri byasobanura kugabanuka kw’ibiciro byawo, inkuru yaba nziza ku batabasha kuwigondera ubu. Umuceri ufatwa nk’ibiryo by’abantu bishoboye mu Rwanda n’i Burundi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Rwanda: Diporome z’abize muri kaminuza Gatolika y’u Rwanda n’iyo muri Uganda ntizemewe ku isoko amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika