Close MORE NEWS EXPO2019: Imiti yongerera abagabo ubushake, kutarangiza vuba, kongerera abagore ubushake n’amazi, iy’uruhara n’indi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 29-07-2019 saa 09:32' whatsapp Facebook Mu kiganiro n’UMUBAVU, Uwamahoro Jacky avuga ko kompanyi y’Abanya-Misiri yitwa ’El-Capitaine’ akorera ari na we uyihagarariye mu Rwanda, ayicururiza imiti yo mu bimera kandi y’amoko atandukanye. Avuga ko mu miti bacuruza harimo iya Amibe, Sinizite, Asima, igabanya umuvuduko w’amaraso, igabanya isukari mu mubiri, iya Infection Urinaire, ituma imbaraga z’abagabo ziyongera bagatinda kurangiza batera akabariro (Ngo niyo barangije, babasha kongera bakabona imbaraga zo gutera akabariro). Uwamahoro Jacky akomeza avuga ko banafite imiti ifasha abagore kubongerera amazi n’ubushake mu gutera akabariro, iya Allergy, ivura uruhara aho ifasha umuntu watakaje umusatsi. Ati "Abagabo benshi bagira ikibazo cyo gutakaza umusatsi, uyu muti ufasha umuntu watakaje umusatsi, aho wari uri urongera ukamera vuba byihuse, mu byumweru bibiri umusatsi uba wameze". Iyumvire byinshi muri Video: Ibiciro by’iyi miti byakubiswe hasi ku buryo buri wese yabona umuti akeneye dore ko n’ubuziranenge bwayo bwizewe. Uwamahoro Jacky ubu na we uri muri EXPO2019 iri kubera I Gikondo ahasanzwe habera imurikagurisha, avuga ko ibi avuga atari ukwamamaza ko imiti bafite ivura ibyo bavuze. Ati "Ntituvuga ibi kuko turi muri Expo, kuko dufite icyicaro cy’aho dukorera I Nyamirambo aho ushobora kuza ukatubwira ko twakubeshye mu gihe waba utaravuwe n’umuti watuguriye". Avuga ko bafite kandi umuti ugabanya/ukamura ibinure mu mubiri (hari n’uwo usiga aho ushaka ko hananuka, hakananuka) n’indi myinshi itandukanye. Muri Expo izamara ibyumweru 3 iri kubera I Gikondo, iyi kompanyi ’El-Capitaine’ icuruza iyi miti yose, wabasanga inyuma ya TECNO muri Tente yanditseho ’El-Capitaine’. Iyi kompanyi ngo ntikorera mu Rwanda gusa kuko ifite amashami mu Bugande, muri Tanzaniya na Kenya, mu gihe icyicaro cyayo gikuru kiba mu Misiri. Wabahamagara kandi kuri nomero: 0782572913 Uwamahoro Jacky uhagarariye kompanyi ya Elikapiteni mu Rwanda @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) emma Kuya 30-07-2019 whaspp number Ndagijimana isaac Kuya 29-07-2019 Nimuduhe number zanyu tubagane Perez Kuya 29-07-2019 Nonese baguhaye umuti ntukire baragusubiza ? Kubabaza impamvu bakubeshye ntibihagije pee Muduhe contact number zabo Perez Kuya 29-07-2019 Nonese baguhaye umuti ntukire baragusubiza ? Kubabaza impamvu bakubeshye ntibihagije pee Muduhe contact number zabo Muhubiri Chris Kuya 29-07-2019 Njyewe ndi Nairobi nkeneye number za what’s up imbox nkababaza birambuye uburyo twokorana Muhubiri Chris Kuya 29-07-2019 Njyewe ndi Nairobi nkeneye number za what’s up imbox nkababaza birambuye uburyo twokorana Muhubiri Chris Kuya 29-07-2019 Njyewe ndi Nairobi nkeneye number za what’s up imbox nkababaza birambuye uburyo twokorana INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
EXPO2019: Imiti yongerera abagabo ubushake, kutarangiza vuba, kongerera abagore ubushake n’amazi, iy’uruhara n’indi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 29-07-2019 saa 09:32' whatsapp Facebook Mu kiganiro n’UMUBAVU, Uwamahoro Jacky avuga ko kompanyi y’Abanya-Misiri yitwa ’El-Capitaine’ akorera ari na we uyihagarariye mu Rwanda, ayicururiza imiti yo mu bimera kandi y’amoko atandukanye. Avuga ko mu miti bacuruza harimo iya Amibe, Sinizite, Asima, igabanya umuvuduko w’amaraso, igabanya isukari mu mubiri, iya Infection Urinaire, ituma imbaraga z’abagabo ziyongera bagatinda kurangiza batera akabariro (Ngo niyo barangije, babasha kongera bakabona imbaraga zo gutera akabariro). Uwamahoro Jacky akomeza avuga ko banafite imiti ifasha abagore kubongerera amazi n’ubushake mu gutera akabariro, iya Allergy, ivura uruhara aho ifasha umuntu watakaje umusatsi. Ati "Abagabo benshi bagira ikibazo cyo gutakaza umusatsi, uyu muti ufasha umuntu watakaje umusatsi, aho wari uri urongera ukamera vuba byihuse, mu byumweru bibiri umusatsi uba wameze". Iyumvire byinshi muri Video: Ibiciro by’iyi miti byakubiswe hasi ku buryo buri wese yabona umuti akeneye dore ko n’ubuziranenge bwayo bwizewe. Uwamahoro Jacky ubu na we uri muri EXPO2019 iri kubera I Gikondo ahasanzwe habera imurikagurisha, avuga ko ibi avuga atari ukwamamaza ko imiti bafite ivura ibyo bavuze. Ati "Ntituvuga ibi kuko turi muri Expo, kuko dufite icyicaro cy’aho dukorera I Nyamirambo aho ushobora kuza ukatubwira ko twakubeshye mu gihe waba utaravuwe n’umuti watuguriye". Avuga ko bafite kandi umuti ugabanya/ukamura ibinure mu mubiri (hari n’uwo usiga aho ushaka ko hananuka, hakananuka) n’indi myinshi itandukanye. Muri Expo izamara ibyumweru 3 iri kubera I Gikondo, iyi kompanyi ’El-Capitaine’ icuruza iyi miti yose, wabasanga inyuma ya TECNO muri Tente yanditseho ’El-Capitaine’. Iyi kompanyi ngo ntikorera mu Rwanda gusa kuko ifite amashami mu Bugande, muri Tanzaniya na Kenya, mu gihe icyicaro cyayo gikuru kiba mu Misiri. Wabahamagara kandi kuri nomero: 0782572913 Uwamahoro Jacky uhagarariye kompanyi ya Elikapiteni mu Rwanda @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) emma Kuya 30-07-2019 whaspp number Ndagijimana isaac Kuya 29-07-2019 Nimuduhe number zanyu tubagane Perez Kuya 29-07-2019 Nonese baguhaye umuti ntukire baragusubiza ? Kubabaza impamvu bakubeshye ntibihagije pee Muduhe contact number zabo Perez Kuya 29-07-2019 Nonese baguhaye umuti ntukire baragusubiza ? Kubabaza impamvu bakubeshye ntibihagije pee Muduhe contact number zabo Muhubiri Chris Kuya 29-07-2019 Njyewe ndi Nairobi nkeneye number za what’s up imbox nkababaza birambuye uburyo twokorana Muhubiri Chris Kuya 29-07-2019 Njyewe ndi Nairobi nkeneye number za what’s up imbox nkababaza birambuye uburyo twokorana Muhubiri Chris Kuya 29-07-2019 Njyewe ndi Nairobi nkeneye number za what’s up imbox nkababaza birambuye uburyo twokorana INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu