Close MORE NEWS Nsengiyumva ’Igisupusupu’ yafotowe yarangariye amabere y’umukobwa bivugisha benshi-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 22-07-2019 saa 10:13' whatsapp Facebook Nsengiyumva Francois benshi bamenyereye nk’Igisupusupu’ yavugishije abantu cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma yuko afashwe amafoto arunguruka mu mabere y’umukobwa witwa Usanase Bahavu Jeannette uzwi nka ’Diane’. Ni amafoto yafashwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 20 Nyakanga 2019 ubwo hatangwaga ibihembo bizwi nka Made In Rwanda Awards aho uyu Nsengiyumva Francois yegukanye igihembo cy’indirimbo ye yise ’MARIA JEANNE ’IGISUPUSUPU’ nk’indirimbo ikunzwe y’umwaka. Ni mu gihe uyu Usanase Bahavu Jeannette warangariwe n’Igisupusupu wamamaye nka ’DIANE’ muri Filimi y’uruhererekane ya ’CITY MAID’, we yegukanye igihembo cy’umukinnyikazi wa Filimi mwiza w’umwaka wa 2019. Muri ibi birori Nsengiyumva yafashwe amafoto atandukanye asa n’uhengeza mu gituza cya DIANE, abenshi ku mbuga nkoranyambaga bahurizaga ku kuba uyu mugabo yari yatwawe nuko uyu mukinnyikazi yari yambaye. Mu babonye aya mafoto hari umwe wagize ati "Papa Nsengiyumva yitegereje umwambaro wa Bahafrica Collection ababazwa nuko Manager we yamwambitse". Aganira n’itangazamakuru, DIANE yavuze ko na we yatunguwe n’aya mafoto kuko we ngo atari yigeze abibona. Ati "Nanjye byantunguye, sinahamya neza niba yari ari kureba ku maboko yanjye cyangwa mu gituza cyanjye". Diane kandi yakomeje avuga ko imyambaro yari yambaye, yayambitswe n’iduka rye risanzwe rinamwambika dore ko ngo ryambika n’abandi bantu batari we gusa. @Umubavu.com Kanda hono urebe video utasanga ahandi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Imanisingizwe robeni Kuya 21-03-2020 sibyiza kwambara wenyine murakoze ndi Robeni nuye karembo INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Nsengiyumva ’Igisupusupu’ yafotowe yarangariye amabere y’umukobwa bivugisha benshi-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 22-07-2019 saa 10:13' whatsapp Facebook Nsengiyumva Francois benshi bamenyereye nk’Igisupusupu’ yavugishije abantu cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma yuko afashwe amafoto arunguruka mu mabere y’umukobwa witwa Usanase Bahavu Jeannette uzwi nka ’Diane’. Ni amafoto yafashwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 20 Nyakanga 2019 ubwo hatangwaga ibihembo bizwi nka Made In Rwanda Awards aho uyu Nsengiyumva Francois yegukanye igihembo cy’indirimbo ye yise ’MARIA JEANNE ’IGISUPUSUPU’ nk’indirimbo ikunzwe y’umwaka. Ni mu gihe uyu Usanase Bahavu Jeannette warangariwe n’Igisupusupu wamamaye nka ’DIANE’ muri Filimi y’uruhererekane ya ’CITY MAID’, we yegukanye igihembo cy’umukinnyikazi wa Filimi mwiza w’umwaka wa 2019. Muri ibi birori Nsengiyumva yafashwe amafoto atandukanye asa n’uhengeza mu gituza cya DIANE, abenshi ku mbuga nkoranyambaga bahurizaga ku kuba uyu mugabo yari yatwawe nuko uyu mukinnyikazi yari yambaye. Mu babonye aya mafoto hari umwe wagize ati "Papa Nsengiyumva yitegereje umwambaro wa Bahafrica Collection ababazwa nuko Manager we yamwambitse". Aganira n’itangazamakuru, DIANE yavuze ko na we yatunguwe n’aya mafoto kuko we ngo atari yigeze abibona. Ati "Nanjye byantunguye, sinahamya neza niba yari ari kureba ku maboko yanjye cyangwa mu gituza cyanjye". Diane kandi yakomeje avuga ko imyambaro yari yambaye, yayambitswe n’iduka rye risanzwe rinamwambika dore ko ngo ryambika n’abandi bantu batari we gusa. @Umubavu.com Kanda hono urebe video utasanga ahandi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Imanisingizwe robeni Kuya 21-03-2020 sibyiza kwambara wenyine murakoze ndi Robeni nuye karembo INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu